10-06-2023

Ibyo wamenya kuri Kasinge Nadine, Umugore ushimishwa no kuba ihabara ry’Interahamwe!

Kuri benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga, izina Kasinge Nadine si rishya mu maso kuko bamuzi nk’uwasaze agasizora mu gutukana aho abikora mu izina ry’ingirwashyaka ngo abarizwamo ryitwa “Ishema” risanzwe ribarizwamo n’abantu basa nk’abafite ibibazo byo mu mutwe nka Nahimana Thomas n’abandi.

Uyu mugore yararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikaba yaramutwaye ababyeyi ndetse na bene nyina bose. Papa we yitwaga Nzagirukwayo akaba yarakoraga muri Electrogaz naho nyina yitwaga Mukandinda Euphrasie we akaba yari umwarimu mu ishuri ribanza rya Kacyiru, aba bombi bakaba baraguye kuri bariyeri bishwe n’interahamwe ubwo bageragezaga guhungira kuri Sitade Amahoro ahari ingabo zari iza RPA-Inkotanyi.

Nyuma gato ya Jenoside yakorewe abatutsi uyu Kasinge yaje gutoragurwa n’abagiraneza b’Abataliyani bamujyana mu Butaliyani aho baje kumurerera igihe kirekire hanyuma bamwohereza gukomereza amashuri muri Canada.

Uyu mugore wigize ‘akari aha karajya he’ akigera muri Canada yaje kwisunga interahamwe maze atangira gucudikanya nazo zimugira inama yo gushinja FPR Inkotanyi kuba ariyo yishe ababyeyi be na bene nyina maze birangira abaye shitani kuko nanubu icyo kinyoma nicyo akomeje gukwirakwiza, aho kuri ubu ahora ku mbuga nkoranyambaga atuka ubuyobozi bw’igihugu ndetse anapfobya Jenoside yakorewe abatutsi we ubwe yarokotse.

Muri Canada uyu Kasinge yaje gushaka umugabo w’Umunyakanada ndetse banabyarana umwana.

Muri 2017 iyi nkotsa yaje kwisunga ingirwamupadiri Nahimana Thomas ngo bazane mu Rwanda kwiyamamariza kuruyobora; yiyemeza kurira indege atabimenyesheje umugabo we ndetse anasiga uruhinja rwonkaga maze aza yiruka inyuma y’iriya ngirwamupadiri, cyakora urugendo rwe rwaje kugarukira i Nairobi kuko ubwo yahageraga yahamagawe n’umugabo we ndetse na Ambasade ya Canada bose bamusaba kugaruka akaza kwita kuri rwa ruhinja.

Ariko mbere yaho gato hari amakuru yemezaga ko uyu mugore yinjiwe na Nahimana cyane ko birirwaga bazererana Isi babeshya ko ngo bari mu ibikorwa bya Politique.

Kasinge niwe waje kuyobora ingirwashyaka “Ishema” we n’interahamwe ruharwa Chaste Gahunde muri 2018, uyu nawe bakaba baragiranye umubano wihariye nyuma y’ingirwamupadiri Nahimana.

Iyi ndaya Kasinge ikwiye kumenya ko ibyo yishoyemo ntaho bizamugeza kuko gukorana n’interahamwe zasize zimuhekuye akirirwa azisingiza ari ukudaha agaciro amaraso y’abe n’ubundi bishwe na zo.

 

Mugenzi Felix

Leave a Reply

%d bloggers like this: